|
Urubuga rw'ibitekerezo ku imvo n'imvano
|
|||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||
Imvo n'imvano y'uyu munsi irabagezaho ibitekerezo twakiriye ku biganiro twabagejejeho muri iyi minsi- umunsi w'impunzi ku
isi-imyaka 47 y'ubwigenge-urugendo rwa Perezida Obama muri Ghana.
Ibitekerezo byatubanye byinshi ku buryo twahisemo bimwe. Ariko na none twibutse ko ubutumwa bwanyu bugomba kuba buriho amazina,budasebanya,budasesereza. N'ubwo waba udashaka ko izina ryawe turivuga ku mugaragaro ariko tugomba kurimenya. |
||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||
|
||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||
|
||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||