|
Vatican ikomeje kwanga abagira imibonano mpuzabitsina | |||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||
Ubutegetsi bwi Vatican bwasohoye itangazo rishimangira ko ababonetseho kuba bagira cyangwa baragize imibonano mpuzabitsina ni abo basangiye igitsina batakwakirwa mu muryango w'abihaye Imana. Iryo tangazo rirashimangira ko ibyo bitajyanye nimikorere, n'imyumvire ya kiliziya gatolika bikaba ari amahano kubakira. | ||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||
| ||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||
| ||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||||